wex24news

rubavu:umwana wiga muri P2 yanze gusiba ishuri yiyemeza guheka murumuna we bamusigiye bamubujije kujya ku ishuri, yahembwe bikomeye

Ku munsi wo ku wambere tariki ya 11 Werurwe 2024, nibwo hakomeje gucaracara amakuru y’umwana wo mu karere ka Rubavu wiga mu mwaka wa kabiri wa mashuri abanza(P2) kuri GS Rambo, yagiye ku ishuri ahetse umwana Mama we yari yamusigiye yamubujije kujya kwiga.

Uyu mwana w’umuhungu witwa IBRAHIM  yari yasigiwe umwana na Mama we amubwira ko yajya kwiga cyangwa ntageyo byose ari kimwe. Gusa umwana ku bw’urukundo akunda ishuri, yiyemeje kugaburira murumuna we, amuha igikoma, ndetse aramwoza ubundi aramuheka ajya kwiga.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *