wex24news

 Kigali: huzuye ikibuga kizajya gikorerwamo ibizamini byo gutwara ibinyabiziga hakoreshejwe ikoranabuhanga.

Kigali mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Busanza.huzuye ikibuga kigiye gukoreshwa mugukora ibizamini by’ibinyabiziga,aho uburyo busanzwe bwakoreshwaga bushobora kua bugiye guhagarikwa.

Ikibuga uko giteye,Mu kibuga gikorerwamo ibizamini, munsi yaho haba harimo ikoranabuhanga rigenzura niba uri gukora ikizamini yakoze ikosa noneho rigatanga amakuru mu mashini yandika amanota.

Umuntu uzaja ajya gukora ikizamini azajya yicara mu imodoka irimo indangururamajwi imubwira gutangira. Uko akoze ikosa rya jwi rirabimubwira, agakomeza akagenda yarangiza ibice byose by’ikizamini akumva rya jwi rimubwira ko yatsinze cyangwa yatsinzwe. Icyo amanota yagize ahita yiyandikamo.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *