![](https://wex24news.rw/wp-content/uploads/2024/03/image-76.png)
Gitego Arthur umukinnyi umaze iminsi yitwara neza mu ikipe ye amaze iminsi akiniramo yitwa AFC Leopards yo mugihugu cya kenya, yagaragaje urwego rwiza rushimishije amaze kungeraho.
Ibi yabigaragarije mukipe y’igihu amavubi aho yarari mumyitozo ari kwitegura imikino yagicuti 2, ikipe yigihugu amavubi azahuriramo na Botswana na Madagascar.
Uyu rutahizimu yaramaze igihe gito muri kenya aho yangezeyo akitwara neza kuburyo ikipe y’igihu amavubi yahise imuhamagaza byihuse ubu akaba yatagiye imyitozo atsinda ibitego umuzamu Ntwali Fiacre .