wex24news

umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi yagaragaje urwego rudasanzwe mu myitozo y’ikipe y’igihugu – AMAFOTO.

Gitego Arthur umukinnyi umaze iminsi yitwara neza mu ikipe ye amaze iminsi akiniramo yitwa  AFC Leopards yo mugihugu cya kenya, yagaragaje urwego rwiza rushimishije amaze kungeraho.

Ibi yabigaragarije mukipe y’igihu amavubi aho yarari mumyitozo ari kwitegura imikino yagicuti 2, ikipe yigihugu amavubi azahuriramo na  Botswana na Madagascar.

Uyu rutahizimu yaramaze igihe gito muri kenya aho yangezeyo akitwara neza kuburyo ikipe y’igihu amavubi yahise imuhamagaza byihuse ubu akaba yatagiye imyitozo atsinda ibitego umuzamu Ntwali Fiacre .

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *