wex24news

mukarere karwamagana habereye imanuka ikomeye cyane,ikaba ikomeje kuvugisha benshi.

tariki ya 24 Werurwe 2024, mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Musha ahazwi nko ku Matafari, habereye impanuka ikomeye cyane.

Iyo mpantuka yari iyimodoka yivatiri yavaga i Kigali ikagongana n’ikamyo itwaye lisansi ari na yo yahirimye ihita ifunga umuhanda.

Polisi y’u Rwanda yemeza ko ntawaburiye ubuzima muri iyo mpanuka uretse ko umushoferi w’ivatiri yakomeretse byoroheje akaba yanajyanywe kwa muganga aho ari kwitabwaho.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *