wex24news

undi mukinnyi w’umunyarwanda yamaze gutangaza ko yamaze kumanika inkweto kandi yari ageze mu myaka myiza yo kuwubyaza umusaruro.

Kuri uyu wa Gatandatu w’icyumweru gishize ubwo yizihizaga imyaka 5 we n’umugore we bamaze barushinze, nibwo Eric yatangaje ko yahagaritse ruhago.

Irambona Eric yakiniye Rayon Sports muri 2012 ayivamo nyuma y’imyaka 8, hari muri 2020 ubwo yerekezaga muri Kiyovu Sports yakiniye imyaka 2.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *