wex24news

Perezida w’inzibacyuho Gén. Abdourahamane Tiani wa Niger na Vladimir Putin w’u Burusiya kumeza y’ibiganiro by’ubufatanye mu by’umutekano.

Itangazo ryasomewe kuri Radiyo y’Igihugu ya Niger rivuga ko Général Tiani uyoboye iki gihugu kuva mu mwaka ushize ubwo yahirikaga ku butegetsi Mohamed Bazoum, yashimiye Putin ku bw’”ubufasha u Burusiya buha Niger mu rugamba irimo rwo kurwana ku busugire bwayo”.

Byari mbere y’uko iki gihugu cyo mu karere ka Sahel gutera umugongo ibihugu birimo u Bufaransa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika baheruka gusesa amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare bari bafitanye, ibyanatumye Niger yirukana ku butaka bwayo abasirikare b’Abanyamerika barenga 1,000 babagayo.

Abakuru b’ibihugu byombi baganiriye kuri telefoni.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *