wex24news

Igikorwaremezo cya 1 muri East Africa stade Amahoro igeze kuri 95% igiye kumurikwa kumugaragaro.

Imirimo yo kubaka stade Amahoro itegerejwe na benshi, isa nigeze ku musozo kuko ubu igeze ku kigero cya 95%.

Iyi stade izajya yakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza, biteganyijwe ko izaba yuzuye mu mpera z’ukwezi kwa Gicurasi, mu kwa 6 ikazatangira gukinirwaho.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *