wex24news

Umunyamakuru wa RBA Anitha Pendo yahawe igihembo muri Ladies in Media Awards 2024 cyatangiwe muri Ghana.

Anyuze kumbuga nkoranyambaga ze Anitha Pendo yifashishije akaririmbo ko gushima Imana yamubaye hafi ikamuha icyo gihembo ashimira na bagenzi be babana umunsi ku munsi.

Yagize ati:” Ntabwo nari nitegure iki gihembo ariko Imana yari izi igihe cya ntacyo kandi igihe cy’Imana ndacyizera. Nejejwe n’ubuntu bwe , imbabazi ze n’urukundo rwe.Iri niryo tangiriro”. Yakomeje ashimira Ladies In Media yateguye ibi bihembo kubwo gushyigikira abagore,Ashimira Rufonsiba , Uwimpundu Douce , Niyokubandiho Thabitha , Shumbusho Prince avuga ko bamwitangiye batitangiriye.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *