wex24news

Imwe mu mpano zikizamuka kandi zifite ubuhanga budasanzwe mu myandikire

Ni umwana ukizamuka mumuziki nyarwanda atari yamenyekana gusa umwumvise usanga afite ubuhanga bukomeye mumiririmbire no mumyandikire.

Aho yajyiye bakora zimwe mundirimbo zitandukanye imwe murizo yise “6:30 with a stranger” iri kuri album yise Vision from DarkneSS avuga ko ari indirimbo yanditse igitekerezo agikuye ku muntu bari bahuye bwa mbere amwaka ubufasha ndetse anamubwira amateka ye byatumye agira ubwoba bwahazaza buturutse ko nawe atazi neza icyo azaba cyangwa niba inzira arimo ariyo yagenewe kubamo.

uyumwana yamenyekanye kwizina rya Ishimwe Ed akomeza agira inama urubyiruko aho agira ati “iyi ndirimbo yayikoze agirango akangurira abantu cyane cyane urubyiruko kujya mu muhamagaro wabo kuko buri muntu wese aba afite impamvu ari kw’isi”.

kanada hano wiyumvire indirimbo ye

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *