wex24news

Perezida Kagame yavuze ko mu myaka 30 ishize u Rwanda rwagiye rwiyubaka mu nzego zitandukanye, ariko hakaba hari abashaka kugaragaza ko ntacyahinduste.

Yakomoje kuri iyi ngingo ubwo yasubizaga umunyamakuru wari umubajije ukuntu ngo atajya akunda kugaragara cyane aseka, nyamara asubiza ko muri iki gihe ahubwo yishima agaseka kuko hari ibishimishije byatuma umuntu useka, mu gihe mu myaka ishize yatambutse ntacyo abona cyari gutuma akunda guseka.

Umukuru w’Igihugu yavuze ko abamuvugaho kuba uwo atari we , akenshi babivugira mu itangazamakuru, bigakorwa n’abanyamakuru.

Perezida Kagame yagaragaje ko hari ibitangazamakuru bishishikazwa no kwandika ko mu Rwanda nta cyahindutse mu bijyanye n’iterambere ry’u Rwanda mu myaka 25 ishize.Yabivuze mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Mbere taliki 8 Mata 2024.

Umukuri w’Igihugu yavuze ko hari ibitangazamakuru byo mu Muburengerazuba bw’isi isanga bikunda kwandika inkuru zisubiramo ziganisha ku gushaka kumvikanisha ko u Rwanda ntacyo rwagezeho mu myaka 30 ishize.

Ati”Bavuga ko u Rwanda ari igihugu gikennye, yego turakennye ntituragera aho ibihugu bikize bigeze,ariko ubukene dufite sibwo twari dufite kuva 1995,2000, ntabwo ariko bikimeze muri 2024.Gusa uzumva umuntu umwe yanditse mu itangazamakuru ko ibyo dufite ubu aribyo twari dufite mu myaka 25 ishize.”

Yakomoje kuri iyi ngingo ubwo yasubizaga umunyamakuru wari umubajije ukuntu ngo atajya akunda kugaragara cyane aseka, nyamara asubiza ko muri iki gihe ahubwo yishima agaseka kuko hari ibishimishije byatuma umuntu useka, mu gihe mu myaka ishize yatambutse ntacyo abona cyari gutuma akunda guseka.

Umukuru w’Igihugu yavuze ko abamuvugaho kuba uwo atari we , akenshi babivugira mu itangazamakuru, bigakorwa n’abanyamakuru.

Perezida Kagame yagaragaje ko hari ibitangazamakuru bishishikazwa no kwandika ko mu Rwanda nta cyahindutse mu bijyanye n’iterambere ry’u Rwanda mu myaka 25 ishize.Yabivuze mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Mbere taliki 8 Mata 2024.

Umukuri w’Igihugu yavuze ko hari ibitangazamakuru byo mu Muburengerazuba bw’isi isanga bikunda kwandika inkuru zisubiramo ziganisha ku gushaka kumvikanisha ko u Rwanda ntacyo rwagezeho mu myaka 30 ishize.

Ati”Bavuga ko u Rwanda ari igihugu gikennye, yego turakennye ntituragera aho ibihugu bikize bigeze,ariko ubukene dufite sibwo twari dufite kuva 1995,2000, ntabwo ariko bikimeze muri 2024.Gusa uzumva umuntu umwe yanditse mu itangazamakuru ko ibyo dufite ubu aribyo twari dufite mu myaka 25 ishize.”

Avuga ko aho igihugu kigeze nta bakomeye barufiteho uburenganzira bwo kuruyobora uko rugomba kubaho.

Avuga ko aho igihugu kigeze nta bakomeye barufiteho uburenganzira bwo kuruyobora uko rugomba kubaho.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *