wex24news

Intambara ya Sudani hagati y’ingabo ziyobowe na Abdel Fattah al-Burhan, na RSF yatumye Abagera kuri miliyoni 8.5 bamaze guhunga imirwano.

Komite y’abaganga ba Sudani mu itangazo ryayo yatangaje ko ingabo za (RSF) zakoze ubwicanyi mu mudugudu wa Um Adam ku birometero 150 mu majyepfo y’umujy

Intambara ya Sudani hagati y’ingabo ziyobowe na Abdel Fattah al-Burhan, na RSF, iyobowe n’uwahoze ari umwungirije, Mohamed Hamdan Dagalo.

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zivuga ko abantu ibihumbi n’ibihumbi bishwe, barimo abagera ku 15.000 mu mujyi umwe wo mu karere ka Darfur karimo intambara.Umuryango w’abibumbye uvuga ko 70 % by’ibigo nderabuzima bya Sudani byabuze abakozi.

Iyi ntambara kandi imaze kwimura abantu barenga miliyoni 8.5, isenya ibikorwa remezo bya Sudani byateye inzara.Ni mu gihe igitero cyo ku wa gatandatu w’icyumweru gishize cyahitanye abantu byibuze 28 b’inzirakarengane ndetse n’abarenga 240 barakomereka.”

Kugeza ubu hari ikibazo cyo kubura amaraso, ahabwa indembe zakomeretse kandi nta bakozi bahagije bita ku barwayi mu bitaro bitandukanye.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *