wex24news

Ubutumwa bwa MONUSCO muri Congo yagejeje ku bakozi bayo muri iki cy”umweru.

Inyeshyamba za M23 (23 Werurwe), “zageze mu majyaruguru ya Sake [nko mu birometero makumyabiri mu burengerazuba bwa Goma, umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru mu gihe abandi bagaragaye muri parike y’igihugu ya Virunga kandi bashaka gufunga umuhanda Goma-Sake ”.

Ubutumwa bukubiyemo amabwiriza yo gukumira no kwimura abakozi ba MONUSCO muri Goma, hamwe n’ikarita y’aho guhurira mu gihe byarushaho gukomera.

Goma, ituwe n’abaturage barenga miliyoni ndetse n’abantu bagera kuri miliyoni bavanwe mu byabo, ikikijwe n’inyeshyamba za M23 kuva muri Gashyantare, aho imirwano yahiyongereye. Inzira zonyine zisohoka ni ikiyaga cya Kivu, mu majyepfo, n’umupaka w’u Rwanda, mu burasirazuba.

Ku wa Kane, itariki ya 4 Mata, Ingabo z’Abahinde zo mu Muryango w’Abibumbye (UN) zoherejwe hafi ya Sake mu rwego rwo gukumira inyeshyamba ngo ziterekeza muri Goma zataye ibirindiro byazo, binyuranyije n’amabwiriza y’ubuyobozi bwabo, nk’uko bigaragara mu nyandiko y’imbere muri MONUSCO Agence France-Presse (AFP) ) yabashije kubona. Ngo “Nibura ibirindiro bitatu ” byafashwe na M23 ” nyuma yo gutabwa n’abasirikare b’Abahinde, nkuko byanditswe muri iyi nyandiko. Ubwo butumwa bwatangaje ko mu gitondo cyo ku Cyumweru, imitwe yitwara gisirikare ifatanya na FARDC (Ingabo z’igihugu cya DRC) yarashe ku ngabo za Loni mu nkengero za Sake, 

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *