wex24news

#Kwibuka30:Bwiza yagize icyo asaba urubyiruko mukwirinda genoside ko yakongera kubaho.

Yasabye abahanzi guhindura amateka y’urubyiruko rwijanditse  muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.Ibi yabitangaje mu Kiganiro yagiranye na IGIHE dukesha iyi nkuru.

Uyu muhanzikazi yagaragaje ko hari urubyiruko rwijanditse muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yerekanako igihari kuri ubu ari uko urubyiruko rwakomeza gukoresha imbaraga zarwo mu kubaka Igihugu aho ku gisenya.Abajijwe isomo urubyiruko rukwiriye kwigira kuri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *