Yasabye abahanzi guhindura amateka y’urubyiruko rwijanditse muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.Ibi yabitangaje mu Kiganiro yagiranye na IGIHE dukesha iyi nkuru.
Uyu muhanzikazi yagaragaje ko hari urubyiruko rwijanditse muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yerekanako igihari kuri ubu ari uko urubyiruko rwakomeza gukoresha imbaraga zarwo mu kubaka Igihugu aho ku gisenya.Abajijwe isomo urubyiruko rukwiriye kwigira kuri Jenoside yakorewe Abatutsi.