wex24news

ubyarirehe Ashilaf na Mukagatsinzi Claudine barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, baraduriwe imyaka banabwirwa amagambo amukomeretsa.

Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Mata 2024, bibera mu kagari ka Bwisige, Umudugudu wa Nyarubuye.

UMUSEKE wamenye ko uyu mugabo yaranduye imyaka y’ahangana na 2m²/2m² .

Amakuru avuga ko “Muri iki gitondo Mukagatsinzi Claudine yahahuriye na Dusabimana Joseph wamuranduriye imigozi amubajije icyabimuteye, amubwira ko ngo iyo amusanga ari kuyitera ngo yari kumutabamo ngo n’abo bafungishije bakoze Jenoside ngo barafunguwe.”

Uyu Dusabimana Joseph yahise amanuka mu mashyamba kugeza n’ubu ari gushakishwa ntaraboneka.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *