Ni ibikomeje kugarukwaho kuri uyu wa 16 Mata 2024, byose bikaba bikubiye muri VIDEO ikurikira.
Harimo ko :
– Imirwano ikaze yaramukiye mu bice bya VUNANO, umwe mu misozi ihana imbibe na SAKE mu gihe indi mirwano iri kubera ahitwa Kibirizi.
– Uruzinduko rwa Perezida w’Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa hamwe ndetse na Jakaya Kikwete wahoze ayobora Tanzaniya bose muri Uganda ruri mu bihanzwe amaso kuri iyi ntambara irimo ingabo za SADC,
– Perezida Tshisekedi yaje kugaragara nyuma y’icyumweru yaraburiwe irengero, aho yagaragaye ndetse n’ibyavuzwe byose biri mu kiganiro,
– Inyeshyamba za CODECO zizwiho kwica abaturage bo mu bwoko bw’Abahema zagaragaye ari zo zicunze umutekano muri Ituri.
kanda hano ukurikirane video yose .