wex24news

umunyamakuru Irene Murindahabi ntakiri kubarizwa mu Rwanda ukundi.

Benshi ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kwibaza uti se Vestine na Dorcas bazaba abande, uti se ibyo yakoraga abisigiye nde ! Nyuma yuko yerekeje mu mahanga gutura yo.

Irene Murindahabi wamaze kugera muri Canada ndetse agatangaza ko agiye guturayo, yari asanzwe akora umwuga w’itangazamakuru rinyuze kuri youtube ndetse n’izindi mbuga nkoranyambaga, aho afite kampani yitwa MIE (Murindahabi Irene Impire) ndetse akaba yaragiye akora no kubitangazamakuru bitandukanye birimo na ISIBO Tv.

Benshi kandi nubwo batekerezaga kuri Vestine na Dorcas ntibabuze no gutekereza icyaba cyatumye Irene yerekeza mu mahanga, bamwe bati “Ashobora kuba yabonye akazi” abandi bati ” Ashobora kuba agiye kurongora umukobwa uhatuye”.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *