wex24news

Wazalendo yayoboye imirwano yashyamiranyije m23 na FARDC.

Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko iyo mirwano yari iyobowe na Wazalendo, imbunda ziremereye nizo zakoreshejwe cyane kandi barasaga no mu baturage.

Ni mu gihe ubuyobozi bw’ibanze butanga amakuru avuga ko muri iyi Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hari gutegurwa imyigaragambyo izatangira ejo ku wa Kane.

Iyi myigaragambyo yateguwe ku mpamvu zo kuba ubwicanyi bukorerwa abasivile bumaze gufata indi ntera, ubwo bwicanyi bushinjwa imwe mu mitwe yitwaje intwaro ibarizwa mu Burasirazuba bwa Congo, aho mu gihe cy’ibyumweru bitatu abagera kuri 40 bamaze kuhasiga ubuzima.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *