wex24news

kenya:abasirikare bakomeye bahitanywe n’indege.

Ku munsi wo ku wa Kane tariki 18 Mata 2024 nibwo humvikanye inkuru ibabaje y’indege yagiyemo abasirikare ba Kenya barimo n’umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya.

Nyuma y’uko iyo ndege ikora impanuka, Perezida wa Kenya William Ruto , yahise atumiza inama idasanzwe y’umutekano yahise ibera kuri ‘state House’ mu Mujyi wa Nairobi.Iyi ndege yaguye yari iya Gisirikare yaguye ahitwa Marakwet.

Ni indege yarimo abantu 12 nk’uko byatangajwe harimo abasirikare bafite ipeti rya ‘General’. Muri abo harimo;

  1. Gen. Ogola
  2. Brgd Said
  3. Keitany
  4. Sora
  5. Omondi
  6. Likali
  7. Nyawira
  8. Col. Sawe

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *