wex24news

 Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya Sergrent yasohotse mu birindiro bye ajya guhura n’umukobwa w’ikizungerezi.


Nyuma y’uko aya mafoto ashyizwe ahagaragara, benshi mu banye Congo barakaye, bavuga ko ibyo byatesheje agaciro impuzankano y’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Aba bavuga ko kubona umusirikare nk’uyu ava ku rugamba bahanganyemo n’inyeshyamaba za M23 akajya kwishimana n’iyi nkumi bibabaje.

Abo baturage bavuga biteye agahinda kubona abasirikare b’igihugu bagaragara mu bikorwa nka biriya kandi bahanganye n’umwanzi ubazengereje.

Ku rundi ruhande ariko hari abavuga ko ibi ari ibisanzwe ku bagore n’abakobwa biganjemo abakora uburaya basanga abasirikare ba FARDC ku rugamba bagasambana nabo kugira ngo babahe amafaranga ibyo bikaba ari nako bimeze ku bandi basirikare ba SADC,

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *