wex24news

APR BBC yatsindiwe imbere ya peresida paul kagame.

wari umukino witabiriwe na Peresida Paul kagame na Peresida Bassirou Diomaye Faye uherutse kutorerwa kuyobora Senegal.

APR BBC yakinye indafite ba kizigenza bayo aribo Noel Obadiah na Adonis Filer bavunikiye mu mukino wabaye kuwa 6 wa Rivers Hoopers.

Uyu mukino watagiye amakipe yombi atsindana, agacye kambere karagiye AS Douanes iyoboye umukino n’amanota 23,iyi kipe yo muri senegal yakomeje gukina neza cyane mugihe abakinnyi ba APR bakomeje kuragwa na makosa meshi birangira agace ka 2 AS Douanes ikomeje kuyobora ku manota 44 kuri 28 ya APR BBC.

Mu gacye ka 3 kagombanga kwerekana ko APR BBC ifite gahunda yo gukuramo icyinyura cy’amanota ikabasha gutsinda,ariko bagarutse ubona ko bafite kuhuzagurika amakosa akiyogera.

Abasore ba AS Douanes bakomeje kwihagararaho cyane bashaka gutsinda byaje kubahira cyane,agacye ka nyuma k’umukino kageze abasoro ba APR BBC bihebye bamaze kubona ko bidashoboka ko bastinda uyu mukino.

Umutoza wa APR BBC yazanye abakinnyi batigeze bagaragara mu mikino yabanje urwengo rwabo birumvikana ko rutari ur’abakoreshwa mur’uyu mukino wari umukino wabo 1,umukino waragiye APR BBC itsinzwe amanota 79 kuri 54 ihita ifata umwanya wanyuma.biyibuza amahirwe yo kuzagaragara mu mikino ya nyuma ya Bal iteganyijwe I Kigali muri BK Arena mu mpera z’uku kwezi.