wex24news

gukora amasaha y’umurengera n’umushara mucye.

Taliki 12 Gicurasi nibwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe abaforomo n’abaforomokazi kw’isi hose,bishimiye ibyo bagezeho mu mwunga wabo mu Rwanda uyu munsi wizihirijwe ku bitaro bya Muhima.ariko bagaragaza inzitizi bahura nazo harimo umushara muke no gukora amasaha y’umurengera.

Abaforomo n’abaforomokazi n’ababyaza ku munsi wabahariwe bakomoje kubibazo n’inzitizi bahura nazo mu kazi kabo,bahurije ku kuba bahebwa umushara mucye kandi bakora amasaha menshi.

Umuyobozi w’urugaga rw’abaforomo n’abafromokazi n’ababyaza Andre Gitembagare ubwo yaganiraga n’itaganzamakuru yagize ati”umushahara abaforomo n’abaforomokazo n’ababyaza baheruka kuwogezwa muri 2016 ni muke ntibabasha kwishyuramo amashuri ngo bayakomeze bitewe n’ubushobozi bucye.

Kuva igihe baheruka kongezwa umushara ibinu byarahidutse cyane usanga umushara babona utajyanye nuko ubuzima bumeze bikabagora.

Andre Gitembagare akomeza agira ati”hari abajya gukora ibiraka mu bindi bitaro n’amavuriro niba yakoze amanywa ijoro akanjye gukora icyo kiraka mubyuri niyabasha gukora ishigano ze neza bitewe ‘umunaniro abafite.akomeza agira ati”icyuho kigaragara iyo ugeze mu bigo by’ubuvuzi urebye umubare wa barara izamu,amaoromo ku barwayi ibyo bigira ingaruka kuri serivise zitagwa.

Umuyobozo w’abaforomo n’ababyaza mu bitaro bya Kibagabaga Chantal Mukaruziga yagize ati”imibare y’ababyaza n’abaforomo ni micye cyane ariko kandi ubuvugizi bw’urugaga rwacu dufatanyije na Minisiteri y’ubuzima haricyo budenda bubikoraho.n’umushahara mucye nacyo kirakomeye kuko ntugenda nkuko ibintu kw’isoko bihagaze gusa icyizere kirahari.

Uhagarariye Minisitire y’ubuzima VivianeUmuhire Niyonkuru yagarutse ku kibazo cyuko abaforomo ari bacye kandi bagakora amasaha y’ikirengera,yagize ati”ubundi OMS ivuga ko byibura igihungu kimwe cyakabaye gifite abaganga 4 ku baturange igihumbi ariko mu Rwanda ku munsi wa none dfite umuganga 1 ku baturange igihumbi.ibyo bigatuma bakora amasaha menshi aiko icyo guveronoma iri kugira yaranatagiye gahunda 4by4 turi no kugarura abavuye mu mwuga.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *