wex24news

hashize amezi 11 ibyumweru 3 n’iminsi 4 vestine na dorcas bategerejwe muri canada.

Murindahabi Irene uzwi nka M Irene umujyanaba wabo yatagaje ko iri ntsinda riteganya ibitaramo binshi ariko bitazagarukira Canada gusa kuko hatagiye ibiganiro byiga kukuba bataramira mubindi bihungu byo kumuganane w’u Burayi.

kuri 25 Gicurasi 2023 Vestina na Dorcas nibwo batagaje ko bazataramira muri Canada ku nshuro yabo ya mbere kuva batagira kuririmba. babivuze nyuma yo kumurika album yabo ya mbere “Nahawe Ijambo”bakomeza bavuga bati”ibi bitaramo turashaka kubikora murwengo ryo kwagura uvugabutumwa no gutaramira abakunzi b’indirimbo zacu”.

Hashize igihe kigera ku mezi 11 n’ibyumweru 3 n’imisi 4 bitagajwe muri Canada. hashize iminsi Murindahabi ari kubarizwa muri Canada mu gutegura ibi bitaramo,Murindahabi yatagaje ko bitondeye itegurwa ry’ibi bitaramo iri nayo mpamvu yatumye aba bakobwa batahise bajya muri Canada.

Murindahabi yakomeje agira ati”imyiteguru tuyigeze kure kandi gahunda irakomeje kandi saha muri Canada gusa bifuza gutaramira, barashaka gukomereza mu bindi bihugu bigize umugabane w’u Burayi turufuza gukora ibintu binini kandi biradusaba umwanya n’ingufu nyinshi, kandi turakomeza gushyira hanze indirimbo shya mu rwengo rwo kuticyisha abankunzi bacyu irungu”.

Murindahabi yavuze ko bazatarami mu mijyi inyuranye ya Canada kuko bifuza gukorera ibitaramo no mubindi bihugu.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *