wex24news

Peresida Goita ashobora kuyobora mali kugeza 2027.

Peresida Assimi Goita wa Mali ashobora kuguma kubutegetsi nibura kugera muri 2027,Peresida Assimi yagombanga kuva ku butegetsi nyuma y’amezi 18 ahiritse ubutegetsi,yaje kongezwa imyaka 2.

Nyuma uyu mugabo yaje yashizweho igitutu gikomeye n’inzengo zitadukanye zishaka ko ava kubutegetsi nyuma y’igihe yihaye.ibi bishoboka guhinguka kuko leta yagaragaje icyifuzo cyo guhindura amatora akazaba muri 2027, bitewe n’uko igihugu kiri gucya mubihe bikomeye byikubiyemo umutekano muke, iby’ubukungu n’ibindi.

Nyuma y’ibiganiro byamaze amezi 3 kurubu leta irifuza ko Peresida Gaita igihe cyakwiyongera indi myaka 3 akazava ku butegetsi muri 2027.ariko ibyo nabyo ntibyoroshye kubera igitutu gikomeje kwiyongera kuro Assimi Gaita ushinjwa kubagamira uburenganzira bwa muntu,gufunga abo batavunga rumwe.

urundi ruhande leta ya Mali yagaragaje icyifuzo cyo kugirana ibiganiro n’imitwe iri kuyirwanya ndetse bamwe mu arwanyi bayo baknijwira mu gisirikare cy’igihugu mu rwengo rwo kuragiza intambara imaze igihe kigana n’imyaka 10 mu majyaruguru iy’iki gihungu.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *