wex24news

perezida w’U burusiya vladmin putin yakuyeho minisitiri w’ingabo warumazeho imyaka 12.

peresida w’u Burusiya Vladimir Putin,kuru wa 12 Gicurasi2024 yasimbuje minisitiri w’ingabo Sergei Shoigu warumaze imyaka 12 murizi nshingano.

Shoigu yagizwe umunyabanga w’akanama k’umutekano mu Burusiya yasimbujwe Andrei Belousov usazwe ari minisitiri w’intebe wugirije.

Shoigu yari mu ba mbere bafata imyanzuro mu ntambara yu Burusiya ya Ukraine kuva mu Gashyanare 2022.

Uyu munyapolitike niwe wamenyanga imibereho ya buri munsi y’abasirikare bari kurugamba,akemeza ubufatanye hagati y’ingabo zu Burusiya n’abafatanya bikorwa b’umutwe wa gisirikare wigenga wa Wagner.

mu 2023 Shoigu yagiranye amakimbirane n’umuyobozi wa Wagner bitewe no kudaha abarwanyi b’uyu mutwe intwaro.

Aya makimbirane yateye abarwanyi ba Wagner kwigaragabyaa,bafata by’akanya gato ibice byu Burusiya nka Rostov byegere Ukraine.Iki gikorwa cyarakaje Peresida Putin,arahirira guhana Prigohin wapfuriye mu mpanuka y’indege muri 2023.

Nyuma Minisitiri w’ingabo wungirije Tumur Ivanon yaje gufungwa muri Mata 2024 akekwaho kunyereza umutungo w’igihugu binavugwa ko Shoigu ashobora kugukurikiranwa kuko yakorananga nawe ndetse baka ari inshuti magara.

Akanama k’u Burusiya gashizwe umutekano kayoborwa na Peresida Putin n’urwego rukomeye cyane muri iki gihungu kuko niko gashyira mu bikorwa politike zose zirebana n’umutekano.

Nyuma ya Peresida waka kanama hakurikiraho Visi Peresida n’umunyamabanga wa gatatu ukomeye wako.

andrei Belousov wagizwe minisitiri w’ingabo mu Burusiya.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *