wex24news

amakipe 16 niyo azitabira CECAFA Kagame Cup.

Iri rushanwa rigarutse nyuma y’imyaka ibiri ritaba kuva 2021 ubwo ryaberag muri Tazania mu mujyi wa Dar es Salaam, mu makipe 16 azitabira harimo 12 aba mu mashyirahamwe agize CECAFA ndetse nandi 4 azatumirwa.

Image

John Auka Gecheo umuyobozi nshingwabikorwa wa CECAFA yavuze ko bishimiye igaruka ry’iri rushanwa ryari rimaze igihe kigera ku myaka 2 ritaba. ubwo iri rushanwa ryabaga muri 2021 ikipe yaturutse muri Uganda Express FC yaryeguhanya itsinze Nyasa Big Bullets yo muri Malawi.

APR iheruka kwegukana igikomba ya shampiyona 2023/24 niyo yizeye guhagarari u’ Rwanda muraya marushanwa. aya marushanwa akazabera muri Tanzania.

Image