wex24news

byatagajwe ko ikibuga k’indege cya bugesera kizuzura muri 2027/2028.

No photo description available.

Yvonne Makolo umuyobozi mukuru wa RwandaAir sosiyete nyarwanda itwaea abantu n]ibintu mu kirere. yatagaje ko ikibiga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera kizuzura mu mwaka wa 2027/2028.

Makolo Yvonne yagize ati”turi ku musozo wo kubaka igicye cyo ku butaka, dukomereza ku cyo hejuru, muri 2027/2028 iki kibiga kizaba cyatangiye gukora”.

Iki kibuga cy’indege cyatagiye kubakwa muri 2017 byari byateganijwe ko kizuzura muri 2024. Qatar Airways yifuje gushyiramo uruhare, hanozwa inyigo yuko cyari kuzura gitwaye miliyari 2 z’amadolari kuburyo muri 2026 cya kuzura.

Ndenga Jules umuyobozi mukuru w’ikigo cya Leta y’u Rwanda gishinzwe gukurikirana ingendo z’indege n’ubukerarugendo aharutse gutangaza ko 60% byuyu mushinga bifitwe na Qatar Airwaya naho u’ Rwanda rukagiramo 40%.

Badr Mohammed Al Meer aux commandes de Qatar Airways : "une culture de confiance et de responsabilisation sera le fondement de notre réussite commune". Crédit : Qatar Airways

Badr Mohammed Al-Meer umuyobozi mukuru wa Qatar Airways yasobanuye ko mwiyubaka y’iki kibuga habayemo imbogamizi ziromo gukererwa kw’abajyana ibikoresho ahubakwa iki kibuga ariko ko hateganyijwe inama mu cyumweru gitaha kubijyanye no gutanga isoko ry’ubwubatsi.

Ikigo cya Leta y’u Rwanda gishizwe gukurikirana ingendo z’indege n’ibikorwa by’ubukerarugendo ATL burateganya ko iki kibuga nicyuzura kizajya cyakira abagenzi barenga miliyoni 8 ku mwaka n’imizingo ipima toni ibihumbi 150.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *