wex24news

turamutse dukoranye ibibazo duhuriyemo bishobora gukemuka.

Abitabiriye Inama y’ihuriro ry’abayobozi bakuru b’ibigo byigenga muri Afurika ubwo bagezwaho ijambo na Perezida Paul Kagame yababwiye ko inzego za Leta n’abikorera bakeneye gufatanya ibibazo byose byakemuka bahuje imbaranga.

Perezida Paul Kagame yagize ati”ibyo Afurika yaciyemo birimo Covid-19 n’imihindagurikire ry’ikirere bya gakwiye guha abayituye isomo, muri byo bose Afurika yacyiyemo harimo kuba hakenewe gukorana byahafi hagati y; urwengo rw;abikorera na Leta. mu myaka ishize icyagaragaye nuko ikibazo duhuriyeho bishobora gukemuka turamutse ndushyize hamwe dukorana”.

Perezida Paul Kagame yavuze ko biteye impugenge kuba umubare w’abaturage ba Afurika bari mu cyiciro giciriritse ukomeje kwiyongera nyamara uyu mugabane wa Afurika wihariye 20%by’abaturage bose batuye k’isi.

Paul Kagame yavuze ko hakenewe kuvugurura imitekereze nk’uko iki kinyejana kigenda gitera imbere ni nako tugomba kuvugurura imitekereze yacyu, kuko birashoboka ko Afurika yaba igicumbi cy’ubukungu ndetse ikagenda iba imwe muri moteli y’ubukungu bw’isi.

Ubu butumwa yabuhaye abarenga ibihumbi 2, iyi nama ibereye mu Rwanda ku nshuro ya 2 ikaba yitabirwa n’abayobozi mu nzengo z’abikorera muri Afurika.