wex24news

yasubije uwamusabye indezo y’umwana avuga ko babyaranye.

Umuhanzi akaba n’umwanditsi Itahawicu Bruce Melody yatagaje ko cyo kutazongera kuvuga kubijyanye n’abana cyane cyane ashingiye kukuba yaramenye ko umwana ari umutware.

Umunyamategeko Turahirwa Theogene winganira Agasaro Diane uvuga ko yabyaranye na Bruce Melody, Agasaro Diane yisunze uyu munyamategeho we yandikira Bruce Melody ibaruwa amusaba kubahiriza ibyo bafunganye atanga indezo

Bruce Melody mu kiganilo yagiranye na shene ya Label ibarizwamo 1:55AM yagize ati”ibinti birimo abana sinkibivugaho cyane, cyere ntarakura nibwo nabigariragaho ariko aho mpaze gukurira namenye ko umwana ari umutware mpita ndekera kuzajya mbivugaho, nanabasezeranya ko uretse uy’umunsi n’ikindi gihe ntazajya mbivugaho”.

Bruce Melody akomeza ahaka uwo mwana avuga ko ataruwe kuko abana banjye murabazi sinakwihaka umwana nanjye ni imibyeyi, kandi uwo mwanma na nyina ntamurera arerwa na bagira neza.

Bruce Melody akomeza aavu ko yasabye Agasaro Diane ko banjya gokoresha ibizamini bya ADN kugirango impaka zishire arabyanga. kandi mwibuke ko Agasaro yanasinye inyandiko ivuga ko atagishoboye kurera uwo mwana, amwihera umugira neza w’umunyamakuru aramurera.

Agasaro Diane uvuga ko yabyaranye na Bruce Melody.