wex24news

Diamond ategerejwe mu bitaramo bibiri i Kigali.

Romy Jons usanzwe ari umwe mu bayobozi b’Ikigo cya Wasafi akaba na Dj wihariye w’umuhanzi Diamond Platnumz, agiye kongera gutaramira i Kigali nyuma y’igihe Abanyarwanda n’abandi bamutegereje mu bitaramo byihariye.

uruhare mu ikorwa ry’indirimbo ‘Why’ The Ben yahuriyemo na Diamond. Iyi ndirimbo bombi bayiririmbanye bwa mbere mu itangwa ry’ibihembo bya Trace Awards, mu muhango wabereye muri BK Arena, mu Ukwakira 2023

Uyu mugabo azataramira i Kigali, ku wa 31 Gicurasi 2024 mu gitaramo kizabera mu kabyiniro ka The Green Lounge; ni mu gihe ku wa 1 Kamena 2024 azacurangira muri Crystal Lounge, ari na ho hazabera ibirori byo kwakira abazaba bitabiriye imikino ya BAL izatangira kubera muri BK Arena, guhera ku wa 24 Gicurasi 2024.