wex24news

yagiranye ibiganiro na perezida wa sena.

Godswill Akpabio Perezida wa Sena muri Nigeria yahuye na Davido baganira ku ngingo zitandukanye cyane ku birebana n’uruganda rw’imyidagaduro.

Akpabio yagize ati”waduteye ishema mu ruhando mpuzamahanga tuzakora igishoboka cyose dufashe uruganda rw’imyidagaduro kandi nkaba politike duha agaciro impano,dukora ibishoboka mu gushyigikira uru ruganda ngo dufashe abanyempano nkawe”.

Davido yashimiye Perezida wa Sena wamwakiriye no ku mpanuro yamuhaye inama n’ishusho yamugararije abanyapolitike bafite ku ruganda rw’ubuhanzi. yanamugejejeho ibikorwa binyuranye byu muryango’we rise by lifting others’ aho buri mwaka atanga miliyoni 350frw zo gufasha impfubyi.