wex24news

yakinnye umukino akadege atsindira arenga miliyoni 180 Frw 

Tuyizere Jacques ukorera ubucuruzi mwe muri Malawi yishyuwe miliyoni 189,6 Frw yatsindiye nyuma yo gukina umukino w’akadege ‘Aviator’ muri betPawa.

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 23 nibwo Tuyizere usanzwe ucuruza imikufi mu mujyi wa Lilongwe yakinnye inshuro ebyiri akoresheje 2,500 Frw abasha gutsindira miliyoni 94.8 kuri buri imwe.

Tuyizere Jacques Yagize ati “Natangiye gukina Aviator kuva muri Mutarama 2024 ariko kugeza uyu munsi sinigeze nduhuka. Kuva ku munsi wa mbere nkina nahise niyumvisha ko uyu ariwo mukino wanjye. Narawukunze cyane.”

Bwalya Noah umuyobozi wa betpawa muri Afurika y’amajyepfo , yavuze ko “nta mpungenge zigomba kubaho ku bantu bakina, iyo utsinze uhita ubona amafaranga watsindiye niyo mpamvu twakomeje kwishimana n’uyu munyamahirwe.”

Abakiriya bo muri Malawi bakomeje kugirira amahirwe muri Sosiyete y’imikino y’amahirwe ya betPawa kuko mu kwezi gushize hari uwariye miliyoni 94.8 Frw ndetse muri gashyantare hakaba hari abandi basaruyemo akayabo barimo uwa miliyoni 132,1 Frw.