wex24news

yasabye imbabazi nyuma yo gufungirwa mu Buholandi

Umuhanzikazi Nicki Minaj yasabye imbabazi abakunzi be nyuma yo gufungirwa mu Mujyi wa Amsterdam kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Gicurasi.

A woman in a red cat suit and sunglasses holds a microphone out to one side, a crowd visible behind her.

Nicki Minaj yafunzwe akekwaho gutwara ibiyobyabwenge birimo urumogi. Uyu muhanzikazi yafashwe ari kwerekeza mu Bwongereza mu gitaramo kiri mu by’uruhererekane yise “Pink Friday 2’’.

Nyuma Nicki Minaj yaasabye imbabazi abafana be ati “Ndabakunda, kandi ndisegura ku byabaye muri iri joro. Mwakoze mwese mwansengeye.’’

nyuma ya gufungurwa yahise yerekeza mu Bwongereza gusa igitaramo yari ahafite cyasubitswe cyimurirwa ikindi gihe. Ikindi yafunguwe nyuma yo gucibwa amande atatangajwe ingano.