wex24news

yabyaranye n’umugore w’umuvandimwe wa Ali kiba atabi

Mbosso yatagaje ko afitanye umwana n’uwahoze ari umugore w’umuvandimwe wa Ali Kiba, nyamara ibyabaye uyu muhanzi atari azi ahahise h’uwo babyaranye.

Ibi yabitangaje ubwo yarari mu kiganiro kuri Wasafi FM, Mbosso yagize ati “yego mfite umwana n’umugore watandukanye na Abdu Kiba, twahuje nyuma y’uko batandukanye, byambereye ibibazo kuko namubere umunyakuri ariko we ntabwo yigeze abwira byinshi ku hahise he, naje rero kumenya ko yari umugore wa Abdu Kiba igihe cyari cyararenze”.

Inkuru y’umubano wihariye w’aba bombi yatagiye gukwirakwira muri 2022, icyo gihe Mbosso yumvikanya avuga ko batangiye kumenyana biturutse ku mafunguro akunda, yatumagaho yifashishije imbuga nkoranyambaga.

Nyumba Mbosso yaje kubwira uwo mugore ko amukunda bitangira uko kugeza ubwo batangiye gukundana.