wex24news

 yeguye muri Sena y’u Rwanda

Senateri Mupenzi George yeguye ku mpamvu ze bwite. Kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Kamena 2024 nibwo yashyikirije Perezida wa Sena ibaruwa y’ubwegure ku murimo w’Ubusenateri.

Kuri uyu wa Kane tariki 6 Kamena 2024 nibwo yashyikirije Perezida wa Sena ibaruwa y’ubwegure ku murimo w’Ubusenateri.Yavuze ko yeguye ku mpamvu ze bwite.

Ubutumwa bwashyizwe ku rukuta rwa X rw’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kuri uyu wa 7 Kamena 2024 bugaragaza ko ibaruwa y’ubwegure bwe yashyikirije Perezida wa Sena ku wa 6 Kamena 2024.

featured-image

Uyu mugabo watowe mu bahagarariye Intara y’Iburasirazuba, ni impuguke mu by’Imiyoborere n’Amategeko mpuzamahanga arengera impunzi. Afite impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri mu ndimi, akanagira iy’icyiciro cya kabiri mu mategeko.

Yabaye Umujyanama wa Minisitiri mu rwego rwa tekiniki, anaba umunyamabanga wihariye wa Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo.