wex24news

Amavubi yatakaje umukinnyi n’umwanya wa mbere mu itsinda C

Ikipe ya Lesotho yatsindiye Zimbabwe iwayo ibitego 2-0, iyobora Itsinda C n’amanota atanu mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.

featured-image

U Rwanda rwageze ku mwanya wa kabiri n’amanota ane runganya na Bénin ya gatatu.

Ku rundi ruhande,Rafael York wari wabanje mu kibuga Amavubi akina na Benin,yagize ikibazo cy’imvune cyatumye asubira muri Sweden kwivuza,bityo ntabwo azakina umukino wa Lesotho.