wex24news

yiyemeje kutazitabira igikombe cy’isi cy’amakipe kubera impamvu ikomeye

Umutoza Carlo Ancelotti yavuze ko Real Madrid ishobora kutitabira igikombe cy’Isi cy’amakipe [clubs] kuko ngo miliyoni 20 z’amayero bari kuyiha ku irushanwa ryose ubundi ni ay’umukino umwe.

Carlo Ancelotti celebrates his team's victory over Liverpool at the Stade de France

Igikombe cy’Isi cy’ama clubs cya 2025 kizakinirwa muri USA n’amakipe 32 ibyo amakipe adakozwa ngo kuko imikino yaba ibaye myinshi ku bakinnyi babo,ubuzima bwabo bukaba bubi.

Umukino umwe rukumbi wa Real Madrid ufite agaciro ka miliyoni 20 z’amayero kandi barashaka kuduha ayo mafaranga mu irushanwa ryose… ntibishoboka.”

FIFA Club World Cup 2025 izakinwa kuwa 15 Kamena kugeza 13 Nyakanga 2025, ubwo amakipe 32 akomeye ku isi azahurira muri Amerika kugira ngo akine iki gikombe ku nshuro ya mbere.

FIFA List of Club Qualified to the World Cup 2025

Amakipe 29 azitabira igikombe cy’isi, ibi birori bizahuriza hamwe amakipe yatsinze mu mashyirahamwe atandatu mpuzamahanga: AFC, CAF, Concacaf, CONMEBOL, OFC na UEFA.