wex24news

 bwagabweho igitero, gihitana abarimo abapolisi

Agace ka North Caucasus mu Burusiya kagabweho igitero cy’iterabwoba n’abantu bataramenyekana gihitana abantu benshi barimo abapolisi 15.

Iki gitero cyibasiye Umujyi wa Derbent n’uwa Makhachkala, ubwo abo mu idini rya Orthodox, bizihizaga Pentecost. Cyagabwe mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 24 Kamena 2024.

Mu bagabye iki gitero, 6 muri bo bahise baraswa mu gihe polisi ikiri gushakisha abandi, gusa kugeza ubu ntiharamenyekana abacyihishe inyuma n’impamvu yabo.