wex24news

U Budage bwayoboye itsinda nta nkuru

U Budage bwanganyije n’u Busuwisi ku gitego bwatsinze ku munota wa nyuma buyobora Itsinda A mu mikino ya Euro 2024. Ni mu mikino y’umunsi wa gatatu yatangiye gukinwa kuri uyu wa 23 Kamena 2024, aho imikino yakiniwe rimwe nk’uko bisanzwe bigenda.

Umukino wari ukomeye kuri uyu munsi wahuje u Budage n’u Busuwsi byari byarabonye itike zo gukomeza muri ⅛ ariko biri gushaka amanota agena izamuka ari iya mbere.

umukino warangiye bituma u Budage n’u Busuwisi bisanga Portugal na Espagne mu makipe yamaze kugera muri 1/8 cya Euro 2024 bidasubirwaho.