wex24news

APR FC yamaze kugura umukinnyi wo muri Ghana

Ikipe ya APR FC biravugwa ko yamaze gusinyisha umunya-Ghana Richmond Lamptey w ’imyaka 27 wakiniraga Asante Kotoko y’iwabo amasezerano y’imyaka ibiri.

featured-image

APR FC ngo yaba yamusinyishije amasezerano y’imyaka ibiri nk’uko umunyamakuru Micky Jnr uri mu bakomeye mu gutangaza amakuru yo ku isoko yabitangaje.

Hamaze iminsi havugwa ko APR FC ihanze amaso isoko rya Ghana ndetse hari abakinnyi batatu ishaka gukurayo ngo bazayifashe kwitwara neza mu mikino nyafurika.