wex24news

yateye utwatsi ku byo umugabo we ashinjwa

Rihana yatagaje ko ibyo umugabo we A$AP Rocky agomba kuburana kubera icyaha cyo kurasa yakoreye i Los Angeles.

Muri 2023 nibwo umucamanza yemeje ko A$AP Rocky agomba kuburana kubera icyaha cyo kurasa uwahoze ari inshuti ye imbere ya hotel muri 2021.

Muri Mutarama 2024 nibwo Rocky yitabiriye urukiko bwa mbere maze ahakana ibyaha bibiri aregwa byo gutunga umuntu imbunda, mu minsi ishize nibwo inkuru zongeye guca ibintu ku mbonga nkoranyambanga zivuga ko Rihanna ahangayikishijwe nuko Rocky agiye gusubira kuburana ndetse ko bishoboka ko yanafugwa.

Rihanna ubwo yari yitabiriye ibirori by’imideri ‘paris fashion week 2024’ yatangaje ko ibivugwa ku mbuga nkoranyambanga atari ukuri na gato kandi ko adahagayikijijwe n’urubanza rw’umugabo we.