wex24news

Minisitiri yerekanye amabere ye ku karubanda

Minisitiri w’umuco n’uburinganire muri Norvège, Jeffery Lubna, yerekanye amabere ubwo yari amaze guhambwa igihembo cy’uko yakoze akazi neza ashyigikira abaryamana bahuje ibitsina cyitwa Fag Hag 2024.

Jeffery Lubna yagaragaje iyi myitwarire mu cyumweru gishize, gusa aya mashusho ye yatangiye gusakara ku wa 3 Nyakanga mu 2024. Yafatiwe mu birori bya Oslo Pride, bihuza abaryamana bahuje ibitsina n’abandi banyamuryango ba LGBTQ muri iki Gihugu.

Ibi yabikoze agaragaza ko yishimiye gihembo ahawe, avuga ko ari ibyagaciro kuba ahawe iki gihembo kandi ko atagomba kwifata ngo ntagaragaze ibyishimo bye.

Iki gikorwa cyashimwe na benshi, harimo n’umuyobozi wa Oslo Pride, Joakim Aadland, hamwe na Minisitiri w’Intebe wa Norvège.