wex24news

yatangaje ko adashaka kujya murukundo

Umuhanzikazi Shakira uherutse gutandukana n’umugabo we bamaranye imyaka 12 yatagaje ko adashaka kongera kujya mu rukundo ndetse ko ibyo gushaka umugabo yabihuzwe.

Ibi yabikomojeho mu kiganiro yagiranye n’umunyarwenya Jimmy Fallon, ubwo Jimmy yabazaga Shakira niba ari mu rukundo n’undi mugabo, Shakira yamusubije ko ntarukundo arimo kandi ko ntanibyo ateganga.

Shakira avuga ko atifuza kubana n;umugabo ahubwo ko icyo ahanze amaso ari ukurera abana be.