wex24news

adela yatagaje ko yapfashe ikiruhuko

Nyuma y’igihe Adela adasohora ibihangano bishya, ubu yatagaje ko yafashe ikiruhuko mu muziki ndetse asaba abafana be ko tongera kumubaza ibyo gushyira hanze indirimbo nshya.

Adele confirms major break from music industry

Ibyo yabitagaje mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ryo mu gihugu cy’u’ Budage ari naho ari kubarizwa, yagize ati ” Nta gahunda mfite y’indirimbo nshya, nkeneye ikiruhuko kirekire kandi ndatekereza hari ibindi bikorwa bishya shaka gukora”.

Uyu muhanzikazi yaherukaga kuvugwa mubikorwa by’umuziki ubwo yashyiraga hanze album yise’30’, iyi album ikaba yaraje no kwegukana igikombe cya album y’umwaka mu bihembo bya Brit Awards 2022 bitangirwa mu bwongereza.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *