wex24news

azaririmba iminota 7 yishyurwe akayabo

Umuhanzikazi Celine Dion warumaze igihe atagera ku rubyiniro, agiye kuririmba mu gutangiza imikino ya ‘Olmpic’ i Paris aho azishyurwa miliyoni 2 z’amadolari.

Uyu muhanzikazi azwiho kuririmba mu Gifaransa n’Icyongereza, amaze igihe atorohewe kubera uburyarwayi bukomeye bw’indwara ya ‘Stiff Person Syndrome’, iyi rwara yatumye amara igihe nta birori yitabira, yaherukaga ku rubyiniro mu 2021.

Nkuko TMZ yabitagaje Celine niwe wahiswemo nk’umuhanzikazi uzaririmba mu gutangiza imikino ya ‘Paris Olympics 2024’ iratagira kuri uyu wa gatatu.

Byatagajwe ko abategura iyi mikino bishyuye Celine miliyoni 2 z’amadolari ngo azaririmbe indirimbo 1 gusa mu itangizwa ry’iyi mikino, iyo ndirimbo yitwa ‘Incredible’ yakoranye n’umuhanzi Ne-Yo.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *