wex24news

yokejwe igitutu nyuma yo kugaragaza ko adashyigikiye Kamala Harris

Umuraperi Swae Lee ntabwo yorohewe muri Amerika nyuma yaho agaragaje ko adashyigikiye Kamala Harris uhanganye na Donald Trump mu matora agiye kuba muri uyu mwaka ya Perezida.

Swae Lee in a white lace shirt.

Yanditse kuri X ati “Ntimuzatore Kamala! Mukore ubushakashatsi.’’ Uyu muhanzi kandi yakomeje agaragaza ko yijujutiye Perezida Joe Biden uri mu ishyaka rimwe na Kamala Harris.

Wahaye inkunga Ukraine mu ntambara imazemo imyaka n’u Burusiya. Avuga ko aya mafaranga yatanzwe yari guhabwa Abanyamerika bababaye.

Aranjije ati “Mwese mushyigikiye Kamala. Baturage banjye b’Abirabura ntacyo azakora uretse kugaragara akora ibintu bibarwanya. Nkatwe kumutora kubera ko mutekereza ko ari Umwirabura ntabwo bizarangira uko mubyifuza.’’

Nyuma y’aya magambo uyu musore yijunditswe n’abantu benshi, umwe yanditse ati “Wataye ubwenge.’’ gusa, hari abandi bakeya bagaragaje ko bamuri inyuma.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *