wex24news

rurageretse hagati y’umuryango wa tupac na diddy

Abo mu muryango wa nyakwigendera Tupac Shakur baratangaza ko biteguye kujya mu mategeko kugira ngo barebe neza niba Diddy ataragize uruhare mu rupfu rw’uyu muraperi.

Rurageretse hagati y’umuryango wa Tupac na Diddy

Umuryango wa Tuppac wavuze ko bababajwe no kumenya ko umuraperi P.Diddy ashobora kuba yaragize uruhare mu iyicwa ry’uyu muraperi mu 1996, bityo bakaba biteguye gushaka ubutabera.

Uyu muryago bamaze gushaka itsinda rishya ry’abavoka bagomba gucukumbura balabona amakuru mpamo yemeza ko Diddy yaba yarishyuye abishe Tupac, iri tsinda ry’abavoka aho bagomba gucukumbura iby’amafaranga asaga miliyoni imwe y’amadorari bivugwa ko P.Diddy yahaye itsinda ryakubise Tupac.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *