wex24news

Adria English urega P.Diddy yakamejeje

Umwe mu bashinja P.Diddy yashyikirije Polisi raporo igaragaza ibikorwa birambuye yakorewe n’uyu mugabo ubwo yamuhohotera mu ntangiro za 2000 mu birori yateguraga by’abambaye umweru.

Uyu mugore witwa Adriana English yandikiye Polisi mu cyumweru gishize inyandiko ivuga mu buryo burambuye uko yahohotewe.

Polisi ya Miami Beach niyo yahawe iyi nyandiko ariko ivuga ko itarimo ibihamya bihagije byatuma P.Diddy akurikiranwa nayo.

Guhera umwaka ushize nibwo abagore batandukanye batangiye gushinja P.Diddy byo kubafata ku ngufu no kubakoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *