wex24news

angelina jolie yahakanye ibyo gukundana na akala

Amakuru ari kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Angelina Jolie ari murukundo n’umuraperi Akala, ubu yamaze guhakana ibi bihiha.

Amafoto ya Angelina Jolie na Akola bari mu Butaliyani yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bavugaga ko bombi bari mu rukundo.

TMZ yatagaje ko bamaze umwaka wose bakundana mu ibanga, gusa nyiribwite we yabihakanye mu kiganiro yagiranye na People Magazine yasabye ko bisaba inkuru bari bamwanditseho ndetse avuga ko ari ‘Single’.

Angelina Jolie yagize ati”mwasiba izo nkuru z’ibinyoma kuko njyewe nta mukunzi mfite, Akola ni ishuti wanjye kuva kera afite umukunzi we witwa Chanelle kandi nawe ni inshuti yanjye, twari mu Butariyani mu kazi tuboneraho gutemberana ntakindi kibiri inyuma”.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *