wex24news

ukuri ku mashusho y’urukozasoni agaragaza Djihad

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane tariki 28 Kanama 2024, bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga batunguwe no kubona amashusho agaragaza umunyamakuru Cyprien Uzabakiriho uzwi nka Djihad ‘yikinisha’mu gihe cy’amasegonda arenga 20.

Yago yari yateguje ko nyuma y’iminota 5 agomba kuyakura ku rubuga rwe rwa Youtube, yasohoye aya mashusho nyuma y;iminota mike yari ishize atangaje ko ahugiye muri Uganda, nyuma y’uko hari abantu bagerageje kumwica.

Djihad mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga, yemeje ko ariya mashusho ari aye ariko atangazwa n’uko uwo baganiraga we atagaragajwe.

Yagize ati “Chou tanga video nawe urimo babone ukuri burya nutwika uzatwikire rimwe ku buryo ntakuryama mu mihanda”.

Yavuze ko atatunguwe n’iri hererekana ry’amashusho nk’aya kuko “ni ikimenyetso simusiga cy’uko ibyo twavugaga ari ukuri”.

Djihad yagaragaje ko Yago atakabaye ahungira muri Uganda kuko “umugabo mbwa iteka arwana ahunga, kandi guhunga ibibazo siko kubihinga”.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *