wex24news

amajwi ya Perezida yabazwe mu byiciro bibiri

Bibaye ubwa mbere mu mateka ya Sri Lanka kubara amajwi ko mu matora y’Umukuru w’Igihugu hakabaho icyiciro cya kabiri cyo kubara amajwi, nyuma y’uko abakandida bose bahatanaga habuzemo uwagira amajwi angana na 50%.

The Rise Of Anura Kumara Dissanayake, Sri Lanka's New President

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kuri iki Cyumweru yatangaje ko Anura Kumara Dissanayake ari we watorewe kuba  Perezida w’iki gihugu ku majwi 42.31% nyuma y’amatora yabaye ejo hashize ku wa 21 Nzeri 2024.

Nta mukandida n’umwe mu bahatanye wagize amajwi 50% mu majwi yose mu cyiciro cya mbere, aho Dissanayake yabonye 42.31% mu gihe abo bari bahanganye barimo Sajith Premadasa, yabonye 32.76% mu gihe Ranil Wickremesinghe yagize 17.27%.

Nk’uko abayobozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora babitangaza, biteganyijwe ko Perezida Dissanayake arahirira kuyobora iki gihugu  kuri uyu wa Mbere.

Dissanayake yitezweho kuzahura ubukungu bwari bwarazambye muri iki gihugu mu myaka mirongo ishize aho kandi ngo azarwanya ruswa yakimunze nibindi bibazo.

Perezida ucyuye igihe Wickremesinghe, mu itangazo yashyize hanze mu buryo bw’amashusho  yashimiye Dissanayake anavuga ko yizeye ko umurava n’ingufu bye   mu kuzamura ubukungu.

Dissanayake w’imyaka 55 ubwo yiyamamazaga yasezeranyije abaturage imiyoborere myiza ndetse n’ingamba zikomeye zo kurSri Lanka:  Mu mateka ya Sri Lanka babaze amajwi ya Perezida mu byiciro bibiri 

Bibaye ubwa mbere mu mateka ya Sri Lanka babaze amajwi ko mu matora y’Umukuru w’Igihugu hakabaho ikiciro cya kabiri cyo kubara amajwi, nyuma yuko abakandida bose bahatanaga habuzemo uwagira amajwi angana na 50%.

Komisiyo y’Igihugu y’amatora kuri iki Cyumweru yatangaje ko Anura Kumara Dissanayake ari we watorewe kuba  Perezida w’iki gihugu ku majwi 42.31% nyuma y’amatora yabaye ejo hashize ku wa 21 Nzeri 2024.

Nta mukandida numwe mu bahatanye wagize amajwi 50% mu majwi yose mu cyiciro cya mbere, aho Dissanayake yabonye 42.31% mu gihe abo bari bahanganye barimo;Sajith Premadasa, yabonye 32.76% mu gihe Ranil Wickremesinghe yagize 17.27%.

Nk’uko abayobozi ba komisiyo y’igihugu y’amatora babitangaza, biteganijwe ko Perezida Dissanayake azarahirira kuyobora iki gihugu  ku wa mbere.

Dissanayake yitezweho kuzahura ubukungu bwari bwarazambye muri iki gihugu mu myaka mirongo ishize aho kandi ngo azarwanya ruswa yakimunze nibindi bibazo.

Perezida ucyuye igihe, Wickremesinghe mu itangazo yashyize hanze mu buryo bw’amashusho   yashimiye Dissanayake anavuga ko yizeye ko umurava n’ingufu bye   mu kuzamura ubukungu.

Dissanayake w’imyaka 55 ubwo yiyamamazaga, yasezeranyije abaturage imiyoborere myiza ndetse n’ingamba zikomeye zo kurwanya ruswa.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *